Gereranya Bibiliya

Abacamanza 20

Kinyarwanda
1Kandi Abisirayeli bari bararahiriye i Misipa bati “Nta muntu n'umwe muri twe uzashyingira Umubenyamini umukobwa we.”
2Nuko abantu bose basubira i Beteli, bicara imbere y'Imana bageza nimugoroba barira batera hejuru cyane,
3 barabaza bati “Uwiteka Mana y'Abisirayeli, ni iki gituma tubura umuryango umwe mu Bisirayeli?”
4Nuko bukeye bwaho bazinduka kare, bahubaka igicaniro batamba ibitambo byoswa, n'ibitambo by'ishimwe yuko bari amahoro.
5Abisirayeli barabaza bati “Mu miryango yose y'Abisirayeli utaje mu iteraniro ry'Uwiteka ni nde?” Kuko bari barahiye indahiro ikomeye ku muntu wese utazaza gusenga Uwiteka i Misipa bati “Ni ukuri azicwa.”
6Nuko Abisirayeli baricuza ku bw'Ababenyamini bene wabo baravuga bati “Uyu munsi hariho umuryango uciwe muri Isirayeli.
7 Tubigenze dute ngo dushakire abacitse ku icumu abagore, kandi ko twarahiye imbere y'Uwiteka ko tutazabashyingira abakobwa bacu?”
8Nuko barabaza bati “Mu miryango y'Abisirayeli utazamutse gusenga Uwiteka i Misipa ni uwuhe?” Babona ko nta muntu wavuye i Yabeshi y'i Galeyadi, ngo aze mu ngando aho bateraniye,
9kuko ubwo abantu bari bamaze kubarwa, nta wo mu baturage b'i Yabeshi y'i Galeyadi wari uhari.
10Nuko iteraniro ritumayo abantu inzovu imwe n'ibihumbi bibiri barusha abandi kuba intwari, barabategeka bati “Nimugende mwicishe inkota abaturage b'i Yabeshi y'i Galeyadi, mubicane n'abagore n'abana babo.
11Uko abe ari ko muzabigenza rwose, umugabo wese n'umugore wese waryamanye n'umugabo muzabarimbure.”
12Nuko muri abo baturage b'i Yabeshi y'i Galeyadi, babonayo abakobwa b'inkumi magana ane batararyamana n'abagabo, babazana mu ngando z'i Shilo mu gihugu cy'i Kanāni.
13Nuko iteraniro ryose rituma ku Babenyamini bari ku gitare cya Rimoni, babaha ihumure.
14 Ubwo ngubwo Ababenyamini baragaruka, Abisirayeli babashyingira abo bakobwa bakijije mu bagore b'i Yabeshi y'i Galeyadi, ariko ntibabakwira.
15Nuko abantu baricuza ku bw'Ababenyamini, kuko Uwiteka yari yaciye icyuho mu miryango y'Abisirayeli.
16Nuko abakuru b'iteraniro barabaza bati “Tuzabigenza dute ngo dushakire abasigaye, ko abagore barimbutse mu Babenyamini?”
17Baravuga bati “Hakwiriye kubaho gakondo y'Ababenyamini bacitse ku icumu, kugira ngo hatagira umuryango uzimanganywa mu Bisirayeli.
18Ariko ntitubasha kubashyingira abakobwa bacu, kuko twarahiye tuti ‘Havumwe uzashyingira Umubenyamini.’ ”
19Maze baravuga bati “Uko umwaka utashye, hariho umunsi mukuru w'Uwiteka i Shilo iri ikasikazi y'i Beteli, mu ruhande rw'iburasirazuba rw'inzira iva i Beteli ikajya i Shekemu, ikusi y'i Lebona.”
20Nuko bategeka Ababenyamini barababwira bati “Nimugende mwubikirire mu mizabibu.
21Nuko nimubona abakobwa b'i Shilo basohotse kujya kubyina mu birori byabo, muzahereko muve mu mizabibu, umuntu wese afate umukobwa mu b'i Shilo abe umugore we, muhereko musubire muri gakondo ya Benyamini.
22Ariko abantu ba Isirayeli bisubiramo, bongera kwirema ingamba aho bari baziremeye ubwa mbere.
23Abisirayeli barazamuka baririra imbere y'Uwiteka kugeza nimugoroba, babaza Uwiteka bati “Twongere kurwana n'Ababenyamini bene wacu?” Uwiteka arabasubiza ati “Nimwongere mubatere.”
24Maze ku munsi wa kabiri Abisirayeli bongera kwegera Ababenyamini.
25Nuko uwo munsi Ababenyamini barabatera, bongera koreza abantu bahasiga imirambo inzovu imwe n'ibihumbi munani, abo bose bari ingabo zitwaje inkota.
26Nuko ingabo z'Abisirayeli zose n'abantu bose barazamuka bajya i Beteli, bicara imbere y'Uwiteka barira, biyiriza ubusa uwo munsi bageza nimugoroba. Kandi batambira imbere y'Uwiteka ibitambo byoswa n'ibitambo by'ishimwe yuko bari amahoro.
27Maze Abisirayeli bagisha Uwiteka inama. (Kandi muri iyo minsi isanduku y'isezerano ry'Uwiteka yari ihari,
28na Finehasi mwene Eleyazari mwene Aroni ni we wahagararaga imbere yayo.) Maze Abisirayeli babaza Uwiteka baravuga bati “Twongere kujya kurwana n'Ababenyamini bene wacu kandi, cyangwa se turekere aho?” Uwiteka aravuga ati “Mubatere kuko ejo nzababagabiza mukabanesha.”
29Nuko Abisirayeli bashyira abantu mu bico impande zose z'i Gibeya.
30Nuko ku munsi wa gatatu Abisirayeli batera Ababenyamini, birema ingamba i Gibeya nk'ubwa mbere.
31Ababenyamini babonye Abisirayeli barabasanganira, barabashukashuka ngo bave ku mudugudu, batangira gutsinda abantu babīca nk'ubwa mbere, babīcira mu mirima no mu nzira y'igihogere ijya i Beteli no mu nzira y'i Gibeya, mu Bisirayeli hapfa abantu nka mirongo itatu.
32Ababenyamini baravuga bati “Turabanesheje nk'ubwa mbere!”
32Ariko Abisirayeli baravuga bati “Twiruke tubashukashuke bave ku mudugudu bajye mu nzira z'ibihogere.”
33Nuko Abisirayeli bose bava aho bari bari, birema ingamba i Bālitamari, ariko Abisirayeli bari mu bico babyuka aho bari bari i Māregeba.
34 Nuko haza abantu inzovu imwe batoranijwe mu Bisirayeli bose, batera i Gibeya baravungagurana cyane, ariko Ababenyamini bari batazi ko ibyago bibari bugufi.
35Uwiteka atsinda Ababenyamini imbere y'Abisirayeli, maze uwo munsi Abisirayeli boreza Ababenyamini inzovu ebyiri n'ibihumbi bitanu n'ijana, kandi abo bose bari ingabo zitwaje inkota.
36Nuko Ababenyamini bakeka ko Abisirayeli baneshejwe, kuko Abisirayeli bashukashukaga Ababenyamini, basubira inyuma kuko bari biringiye abo bari bashyize mu bico bugufi bw'i Gibeya.
37Nuko abaciye igico bahuta gusakiza i Gibeya, bajya imbere barimbuza umudugudu wose inkota.
38Abisirayeli bose bari basezeranye ikimenyetso n'abaciye igico, yuko bazacana ikome, umwotsi ugatumbagira mu mudugudu nk'igicu.
39Nuko Abisirayeli biyegura mu ntambara, maze Ababenyamini batangira kubakubita inkota, bica mu Bisirayeli abantu nka mirongo itatu, kuko bibwiraga ko babanesheje nko muri ya ntambara ya mbere.
40Ariko umwotsi utangiye gutumbagira mu mudugudu nk'igicu, Ababenyamini barakebuka babona umudugudu wose ugurumana, umwotsi utumbagira mu kirere.
41Nuko Abisirayeli barabahindukirana Ababenyamini barumirwa, kuko babonye ibyago bibagezeho.
42Nuko baha Abisirayeli ibitugu, baromboreza inzira yose ijya mu butayu, ariko ingabo zibarya isataburenge, kandi izivuye mu mudugudu ziboreka hagati muri iyo nzira.
43Maze bagota Ababenyamini barabirukana, babaribatira aho bashakaga kuruhukira, babageza ahateganye n'i Gibeya iburasirazuba.
44Hapfa Ababenyamini inzovu imwe n'ibihumbi munani, abo bose bari abantu b'intwari.
45Muri ba bandi bahaye Abisirayeli ibitugu, bagahungira mu nzira ijya mu butayu kugira ngo bagere ku gitare cya Rimoni, babīcamo abantu ibihumbi bitanu babatsotsobera mu nzira z'ibihogere, bakomeza kubarya isataburenge babageza i Gidomu, bicirayo abandi ibihumbi bibiri.
46 Nuko Ababenyamini bakeka ko Abisirayeli baneshejwe, kuko Abisirayeli bashukashukaga Ababenyamini, basubira inyuma kuko bari biringiye abo bari bashyize mu bico bugufi bw'i Gibeya.
47 Nuko abaciye igico bahuta gusakiza i Gibeya, bajya imbere barimbuza umudugudu wose inkota.
48Abisirayeli bahindūrana mu Babenyamini, bicisha inkota abo mu mudugudu bose n'amatungo, batsemba n'ibintu byabo kandi imidugudu basangaga barayitwika yose.
Loading...