Ese nkuko tubona indangamunu izatangwa mbese umukristo akwiye kuyifata dushingiye kumasomo atandukanye cg tugashinhira kubyahise tutirengahije nu mudendezo wumutimanama,murakoze.
Reba igisubizoIyo uganirije abantu benshi wumva ko bafite ibyo bibaza ku butumwa Bibiliya itanga. Niba hari ikibazo nawe ufite ku kuri kwa Bibiliya kibarize hano tuzakora uko dushoboye tugusubize.