Ibyo mwasabye biri gukorwa...🙏🏽
Abantu bibaza ibibazo byinshi ku kuri Bibiliya yigisha, Niba hari ikibazo wibaza kuri Bibiliya kibarize hano kandi hano uzahasanga ibisubizo kuri bimwe mu bibazo bagenzi bawe babajije cyangwa se ku bibazo abantu bibaza muri rusange.
Nta kibazo kirabazwa, ba uwa mbere ubaze
Iyo uganirije abantu benshi wumva ko bafite ibyo bibaza ku butumwa Bibiliya itanga. Niba hari ikibazo nawe ufite ku kuri kwa Bibiliya kibarize hano tuzakora uko dushoboye tugusubize.